Hakomeje imyiteguro y'amatora y'Abadepite yo muri 2013

  • 6 months ago
Kicukiro - Nyarugenge - Kuwa gatanu komisiyo y'amatora nk'uko ibifite mu nshingano zayo ýahuguye abazahagararira igikorwa cy'amatora mu rwego rwo gutegura amatora azaba mu mwaka utaha wa 2013, yahuguye abahagararira amatora bo ku ma site y'amatora bo mu Mujyi wa Kigali.

Mu kiganiro yagiranye na IGIHE, Jean Bosco Rutikanga, ushinzwe igikorwa cy'amatora muri zone ya Kicukiro na Nyarugenge yavuze ko abahuguwe ari abahagariye site muri buri kagari, akomeza avuga ko kuba bari guhugura atari uko bari kwitegura amatora y'abagize inteko inshinga amategeko mu 2013 ahubwo ari igikorwa gihoraho.

Recommended